Ubuyobozi bw’Intara ya Haut- Katanga bwatangaje ko hashyizweho igihembo cya $ 5000 ku muntu cyangwa abantu bazatanga amakuru yatuma abishe batemaguye umunyamakuru Patrick Adonis Numbi Banza bame...
Olivier Nduhungirehe uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda avuga ko bitumvikana ukuntu amahanga yahagurutse agahagarara ngo ni uko M23 yafashe Masisi kandi atarigeze yamagana ubwicanyi a...
Alice Kayitesi uyobora Intara y’Amajyepfo avuga ko ubuyobozi bw’iyi Ntara k’ubufatanye na IBUKA hagiye kwimurwa imibiri 13,000 yabazize Jenoside yakorewe Abatutsi ikavanwa mu nzibutso zitameze n...
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riyobora Uburundi, Révérien Ndikuriyo yavuze ko u Rwanda rudakwiye kwibaza k’ubufatanye ingabo z’Uburundi zagirana na FDLR kuko ngo ibya DRC ifasha uyu mutwe b...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yemeza ko abarwanyi babo batarwanira imyanya muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyangwa amapeti yo mu gisirikare cy’iki gihugu. Avuga ko ic...
Kuri uyu wa Kabiri abasirikare 13 ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakatiwe n’urukiko rwa Butembo igihano cyo kwicwa bazizwa ko bahuze urugamba bari bahanganyemo na M23. Ababuranishwaga bose hamwe...
Video bivugwa ko yafashwe ku wa Kane tariki 26 Ukuboza, 2024 niyo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga bikozwe na Lt Col Willy Ngoma uvugira M23. Ni amashusho arimo abantu bambaye imyambaro ya gisirikar...
Ingabo za Ukraine zivuga ko hari umusirikare wa Koreya ya Ruguru zafatiye ku rugamba yakomeretse. Si Ukraine yonyine ibyemeza ahubwo n’ubutegetsi bw’i Seoul muri Koreya y’Epfo buraby...
Minisiteri y’ingabo mu Burusiya itangaza ko ibitero bya missiles iki gihugu cyagabye kuri Ukraine byageze ku ntego yo gusenya ibikorwa remezo by’ingufu byari bisanzwe byubatswe ahitwa Kharkiv, Kyiv, D...
Madamu Einat Weiss ni Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Yaje muri izi nshingano asimbuye Dr. Ron Adam. Si mu Rwanda ahagarariye inyungu za Yeruzalemu gusa ahubwo anazihagarariye mu Burundi. Aharutse guh...









