Amakuru aravuga ko Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuganye kuri telefoni na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ku mutekano mucye uri i Goma. Kuri X, Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epf...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu nibwo bivugwa ko ubuyobozi bwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga bwa DRC bwasabye abadipolomate bayo bose bakoreraga i Kigali gutaha kandi ab’u Rwanda bakoreraga i Ki...
Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko yaraye aganiriye na bagenzi be bayobora u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, batinda ku ntambara ikomeje guca ibintu hafi ya Goma. Yasabye ko...
Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bimaze kugera ku rwego ruhanganyikishije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres. Asanga bigeze ahakomeye ku bu...
Perezida Paul Kagame avuga ko nk’uko mugenzi we wa Turikiya Recep Tayyip Erdoğan yagize uruhare mu gutuma Somalia ibana neza na Ethiopia, binashoboka cyane ko yagira uruhare mu gukemura ikibazo kiri m...
Gutinya ko intambara yabasanga mu ngo zabo byatumye bamwe mu baturage ba Goma bahungira mu Rwanda. Amashusho yatangajwe na RBA arerekana bamwe muri bo bahagaze mu mihanda y’i Rubavu bategereje inshuti...
Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwabujije abarobyi n’abasare basanzwe bakorera mu mazi y’ikiyaga cya Kivu hagati ya Goma na Bukavu kongera gusubira muri iki kiyaga. Le Général-Major Peter ...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran. Uwo muntu utatang...
Perezida Felix Tshisekedi yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cye ko ari ngombwa ko u Rwanda rufatitwa ibihano kuko rufasha M23. Yasabye abo badipolonate ko ibihugu byabo bigomba gufatira ib...
Perezida Paul Kagame yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko ibyo Abanyarwanda baciyemo mu myaka 30 ishize byabasigiye amasomo k’uburyo ntawe bazemerera kongera kubapfukamisha. Yakuriye inzir...








