Abatuye Umujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bavuga ko ingabo za DRC zifatanya n’abo muri Wazalendo kubakorera amarorerwa. Bavuga ko bibwa, abagore bagafatwa ku ngufu hakaba nabicwa kandi bik...
Nyuma y’uko abasirikare ba Israel batangiye kuva muri Gaza-bikaba byatangiriye ahitwa Netzarim- nk’uko biteganywa n’amasezerano y’amahoro aherutse kwemerezwa muri Qatar, abarwanyi ba Hamas babyishimiy...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama idasanzwe yahuje Abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), yabereye Dar es Salaam usaba ubutegets...
Ingabo za Malawi zakoreraga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC zasabwe gutangira kwitegura gutaha. Bikubiye mu butumwa Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yahaye Umugaba mukuru...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wo mu Burusiya witwa Bogdanov Mikhail Leonidovich ku ngingo y’imikoranire mu gushakira igisubizo umuteka...
Perezida Donald Trump yatangaje ko hari umugambi i Washington bafite wo gufata Gaza bakayihindura ahantu habo, bakahateza imbere, Abanyapalestine bagashakirwa ahandi batuzwa mu Misiri no muri Jordan. ...
Polisi y’u Rwanda yahungishije abadipolomate b’Umuryango w’Abibumbye babaga mu Mujyi wa Bukavu uri muri Kivu y’Amajyepfo, ukaba uri hafi kugerwamo n’abarwanyi ba M23. Abo barwanyi bari baherutse no gu...
U Rwanda rwavumbuye umugambi Afurika y’Epfo yari ifitanye na FDLR wo kurutera, ukaba wari bugirwemo uruhare kandi na DRC. Inyandiko zirimo amakuru y’ubutasi ziherutse gufatirwa i Goma nizo basanze zan...
Nyuma yo kuraswa n’abarwanyi ba M23 zigapfusha abantu 13, ubu ingabo za Afurika y’Epfo zigera ku 2,000 zabuze uko zitaha iwabo kuko nta ndege yemerewe kugwa i Goma ngo izitware. Amakuru avuga ko hari ...









