Mu rwego rwo kongerera imbaraga uruhande ruhanganye na M23, igisirikare cy’Uburundi cyohereje muri Kivu y’Amajyepfo izindi batayo enye. Ni abasirikare bagera ku bihumbi bine(4000) kuko batayo ahanini ...
Mu Cyumweru gitaha abayobozi bo mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi barateganya guhurira mu Bufaransa bakigira hamwe uko bakunga ubumwe imbere y’Uburusiya bubanye neza n...
Muri Kamena, 2022 nibwo M23 yafashe umujyi wa Bunagana uturanye na Uganda, kugeza n’ubu iracyawufite. Mu minsi ishize yafashe na Goma none ubu yafashe na Bukavu. Haribazwa niba iri bube iretse gufata ...
Perezida Kagame yabwiye abagize Akanama ka Afurika yunze ubumwe bari mu nama iri kubera Addis Ababa ko bibabaje kubona abayobozi ba DRC bihunza ibibazo biri mu gihugu cyabo bakabigereka ku bandi. Ni i...
Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Perezida Paul Kagame yabwiye Jeune Afrique ko abantu badafasha M23 kandi iri mu kaga aribo bahemuka kuko uriya mutwe asanga ufite impamvu zumvikana zituma ufata intwaro ukirwanirira. Ku byerekeye ing...
Mu rubanza rw’iminsi ibiri, Leta ya RDC iri kuburana n’iy’u Rwanda mu kirego Kinshasa iregamo Kigali gufasha M23 mu ntambara yatangiye mu Ugushyingo 2021. DRC ivuga ko iyo ntambara yabaye intandaro ...
Hari impungenge ko intambara ishobora kongera kurota hagari ya Israel na Hamas niba uyu mutwe utarekuye Abanya Israel batatu wari kuzarekura kuri uyu wa Gatandatu tariki 15, Gashyantare, 2025. Abayobo...
Guy Kabombo Mwadiamvita uyobora Minisiteri y’ingabo yagiye mu Mujyi wa Beni( niwo Leta isigaye yita Umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru) ngo aganire n’abasirikare bahakorera, abahe morale yo kuzahan...
Cyril Ramaphosa yavuze ko kugira ngo ingabo ze ziri muri DRC zizatahe bizaterwa n’uburyo ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano aherutse gusinyirwa i Dar es Salaam rizagenda. Yabivuze akomoza ko nama iher...

