Gukerereza itangira ry’icyiciro cya kabiri cyo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhererekanya imfungwa n’abafashwe bunyago hagati ya Israel na Hamas rishobora gutuma impande zombi zisubi...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yaraye atangije ubukangurambaga mu Ilingala bise Congolais Telema (Bakongomani Muhaguruke) bukangurira abaturage bose kurwanya u...
Hari ijwi ryumvikana mu Giswayili ry’umuntu uvuga ko ari umuyobozi mu Ihuriro rya Wazalendo wigamba igitero cyaraye kigabwe mu mbaga yari iteraniye i Bukavu ikagwamo abantu 11. Yumvikana avuga ko ibyo...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Joseph Kabila avuga ko Félix Antoine Tshisekedi uyobora DRC yirengagiza ibibazo bikomeye biri mu gihugu ngo abikemure, akemeza ko nibikomeza gutyo, bizatuma igihugu gisenyuka. Kabila abivuze nyuma y’...
Amasanduku ane arimo imirambo y’abaturage ba Israel bari barashimuswe na Hamas yageze muri Israel, yakiranwa agahinda n’umujinya ku babuze ababo. Abo baturage baguye mu bunyago ni Shiri, Ariel, Kfir B...
Itsinda riyobowe na Lambert Mende ryavuye i Kinshasa ryerekeza muri Kenya kuganira na William Ruto uyobora iki gihugu na EAC. Baraganira ku cyakorwa ngo M23 icururuke, intambara iri mu Burasirzuba bwa...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...
I Riyadh muri Arabie Saoudite hatangiye ibiganiro biri mu bikomeye biri kuba ku isi bigamije guhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ese ni bande bari ku meza y’ibiganiro? Ku ruhande rw’Uburusiya...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo ni igihugu gikize ku mutungo kamere ariko gikennye mu mufuka no ku mutima. Ubushakashatsi bwakozwe na UN bwiswe UN Human Development Index buvuga ko iki gihugu ari ic...









