Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yun...
Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye ko u Rwanda na DRC biyemeje guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRC kandi ko byatangiye gushyirwa mu bikorwa. Qatar ivuga ko iyi ari intambwe ishimishije mu gu...
Abanyarwanda bo hambere bagiraga Ikinyarwanda cyabo, bakagira imikino yabo, bakagira imigirire n’imigenzereze bitandukanye n’iby’abubu. Uretse kumasha, kunyabanwa n’indi mikino ya gisore yarangaga aba...
Ingabo za Sudani zirishimira ko zafashe inyubako yose isanzwe ari Ibiro by’Umukuru w’igihugu, zikirukana abagize umutwe wa Rapid Support Force bari bamaze igihe barabujije uwo ari we wese kuhegera. N’...
Muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Epfo haravugwa imirwano hagati y’Umutwe w’Abarundi witwa RED Tabara uvuga ko urwanye Leta y’Uburundi n’abagize urubyiruko rwa Wazalendo bamaze igihe ba...
Ibintu bigiye gufata indi ntera nyuma y’uko ibifaro by’ingabo za Israel bisubiye muri Gaza mu rwego rwo kuhatangiza intambara yeruye igamije guha isomo Hamas nyuma yo kwanga kurekura imfun...
Joseph Kabila wahoze uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ntaho ahuriye na M23, ko abamuhuza nayo babeshya. Uyu mugabo umaze igihe uba muri Afurika y’Epfo yabitangaje mu kiganiro yahaye ...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yatangaje ko igihugu cye cyatangije intambara kandi ikomeye kuri Hamas nyuma yo kuyingingira kurekura abantu bayo yanyaze ikabyanga. Yaraye abwiye abatura...
Kuri uyu wa Kabiri Emir wa Qatar yahuje Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baganira uko umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi wa...









