Abashinzwe kurinda abanyacyubahiro bihutiye kuzenguruka Donald Trump no kumuvana aho yari amaze kurokokera amasasu ariko batungurwa no kumva ababaza aho inkweto ze ziri! Ubwo bamuzengurukaga bamutwiki...
Abayobozi bakuru b’uruganda rukora inkweto rwa Adidas batangaje bagiye gusohora inkweto zanditsweho amazina ya Bob Marley, umuhanzi w’Umunya Jamaica wakunzwe kurusha abandi bose bahimbye bakanaririmba...
Donald Trump wigeze kuba Perezida w’Amerika yaguriye ubucuruzi bwe mu bw’inkweto n’imibavu. Yari aherutse gucibwa n’urukiko miliyoni $ 354 kubera ubucuruzi bufifite. Taliki 17, Gashyantare, 2024 nibwo...
Uruganda rusanzwe rumenyerewe mu gukora ikoranabuhanga, Google, rwatangaje ko buri wese ufite amafaranga ahagije ashobora kugura umuguru w’inkweto rwakoze ku $50,000. Ni inkweto zari zisanzwe zambarwa...
Uruganda rukora inkweto ziri mu zikunzwe kurusha izindi ku isi rwitwa Adidas rwatangaje ko rwishimiye ko kuva rwongera gusubukura umubano n’umuraperi Kanye West, abaguzi b’inkweto zarwo biyongereye. A...
Perezida Evariste Ndayishimiye yasabye abayoboke b’ishyaka rye, CNDD-FDD, gushyiraho imbaraga zose Ikirundi kikajya gikoreshwa mu nama zose kandi raporo zigatangwa zanditswe mu Kirundi. Ni iteka yaci...
Nyuma yo gutandukana n’umugore we Kim Kardashian, uwo akundanye nawe nyuma ye ntibitere kabiri, ubu umuraperi Kanye West yatakaje umufatanyabikorwa w’imena. Ni banki ya mbere ikomeye muri Amerika yitw...
Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyi...
Muri byinshi yagarutseho mu kiganiro yagiranye n’abagize Komite yaguye y’Umuryango FPR Inkotanyi, Perezida Paul Kagame akaba na n’Umuyobozi mukuru w’uyu muryango, yanagarutse ku kibazo cy’uko Abanyarw...








