Abagenda Ngororero bajya cyangwa muri Rubavu bavuga ko babangamiwe n’uko hari imodoka zitwarana abagenzi n’amatungo kandi ashobora kubanduza indwara. Amatungo avugwa cyane kugendana n’abaturage ni ink...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi cyatangije igikorwa cyo guha aborozi inkwavu zifite amaraso mashya mu rwego rwo kuvugurura icyororo cy’inkwavu mu Rwanda. Intego ni ugufash...

