Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva muri Nzeri kugeza mu Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. Ubaze neza usanga buri kwezi muri ayo atatu, ...
Ku wa Mbere taliki 18, Ugushyingo, 2024 mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, ahari icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi hazabera inama yo kwemerera u Rwanda guhabwa Miliyoni € 20 yo gukoresha m...
Guverinoma y’Ubwongereza ibinyujije mu kigega mpuzamahanga cy’Abongereza, British International Investment, igiye gutanga miliyoni $ 100 yo kuzamura ubuhinzi bw’ingano, umuceri n’ibisheke. Ayo mafaran...
Uwakwemeza ko intambara y’Uburusiya na Ukraine igiye gufata indi sura, akabishingira ku ngingo y’uko Inteko ishinga amategeko y’Amerika yaraye yemereye Ukraine miliyari $ 61 (£49bn) yo gukoresha...
Mu mataliki ya nyuma ya Mata, 2024 ni ukuvuga taliki 28 na 29, i Nairobi muri Kenya hazabera inama izahuza abayobozi ba Banki y’Isi n’ab’ibihugu by’Afurika bihabwa inguzanyo n’iyi Banki. Amakuru avuga...
François Xavier Karangwa ni umugabo ufite ubumuga ukorera mu Karere ka Kicukiro mu Kagari ka Kabeza. Kuba afite ubumuga bw’ingingo ntibyamubujije kubaka urugo rwe, akagirira n’igihugu akamaro binyuze ...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wasinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano y’inkunga ingana ba miliyoni 19,5 z’ama Euros izakoresha mu rwego rw’ubutabera. Ni igice cy’inkunga ndende ingana na mili...
Roben Atoyan ukora mu buyobozi bukuru bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, yabwiye Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ko bashima uko u Rwanda rukoresha inkunga ruterwa. Hari mu nama yaraye ihu...
Banki y’isi yageneye u Rwanda miliyoni $ 100 y’inguzanyo yo kuzamura urwego rw’abikorera ku giti cyabo no gufasha abantu kugera kuri serivisi z’imari. Byakozwe mu rwego rwo gukomeza kurufasha kwigobo...
Uwamahoro Rehema uhagarariye abacuruzi b’amazi ya JIBU mu Rwanda hose avuga ko abacuruzi bateye inkunga abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bahemutse bakoresha imari yabo mu gutera inkunga ubwaca...









