Abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda batoye itegeko ryemeza burundu amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya DRC n’u Rwanda. Ni amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washingt...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iterambere rya Afurika, UN Economic Commission for Africa (ECA), Umunyarwanda Ambasaderi Claver Gatete yabwiye amahanga ko ak...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10, Kamena, 2025 ubuyobozi bw’Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo bwajyanye kwa muganga umukecuru Mukandoli Ange Taarifa Rwanda yari im...
Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
Nyuma y’igihe gito u Rwanda ruhaye abadipolomate b’Ububiligi amasaha 48 ngo babe baruviriye ku butaka, nabwo bwavuze ko bugiye kwirukana abadipolomate barwo. Maxime Prévot ushinzwe ububanyi n’amahanga...
U Rwanda rwabwiye Ubwongereza ko ingamba rwafashe zo kwirindira umutekano ari rwo zireba bityo ko ntawe ukwiye kurutegeka uko rubyitwaramo. Hari nyuma y’itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Ubwongereza bishi...
Perezida Kagame avuga ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump uherutse guhagarika inkunga ya USAID yagenerwaga amahanga. Ibi aherutse kubitangariza u...
Inyandiko yasohowe na Leta zunze ubumwe z’Amerika yabonywe n’itangazamakuru mpuzamahanga ivuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwakuyeho inkunga bwahaga amahanga ukuyemo Israel na Misiri. Ni amakuru ya...
Mu musangiro wahuje Abanyarwanda baba mu mahanga n’abakora muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Minisitiri Nduhungirehe Olivier yaganiriye nabo abashimira umusanzu batanga mu iterambere ry’u R...
Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga ya Miliyoni 20.97 z’Amayero ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 30 yo gushora mu mishinga yo gutera inkunga ibikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’...









