Ku bw’amahirwe abana batatu bo mu Mudugudu wa Nyamirama, Akagari ka Shanga mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye barokotse inkuba yabakubitiye mu nzu irashya ariko bo bararokoka. Nyiri iyi nzu...
Mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’inkuba yakubise abantu batandatu bo mu muryango umwe, umwana wabo w’imyaka 15 akahasiga ubuzima. Uwo mwana yitwaga Mukamahirwe Josélyne ak...
Ahagana saa kenda z’amanywa kuri uyu wa Kane taliki 15, Gashyantare, 2024 mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke inkuba yakubise abantu batandatu bari bagiye gusengera ahitwa Buzinganjwiri bane barap...
Inkuba yaraye ikubitiye abantu batatu muri Gisagara bari bahinga bahita bajyanwa kwa muganga, nyuma umwe agwayo. Byabereye mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Kibilizi, Akagari ka Ruturo, Umudugudu wa ...
Ni abakinnyi bari bakubiswe n’inkuba mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari batangiye umukino wahuzaga Ikipe y’Abato ya Rambura WFC na Inyemera ya WFC yo muri Gicumbi. Uwo mukino wari wabereye kuri st...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13, Mutarama, 2024, ubwo kuri sitade y’Akarere ka Gicumbi haberaga umukino wahuzaga ikipe y’abakobwa ya Inyemera WFC Junior na Rambura WFC Junior, ink...
Iradukunda Jean de Dieu ni umwana w’imyaka 10 wo mu Karere ka Gicumbi wishwe n’inkuba yaraye imukubitiye mu murima ari kumwe n’ababyeyi be bari gusarura ibishyimbo. Byabereye mu Murenge wa Rushaki, Ak...
Umukobwa w’imyaka 16 mu Karere ka Nyamasheke n’abandi babiri mu Karere ka Rutsiro ku mugoroba tariki 8 Nzeri 2023 baraye bishwe n’inkuba yabakubise mu mvura yaguye muri iki gice. Iyi nkuru kandi yishe...
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu minsi 15 ishize, imvura nyinshi n’ibindi biyikomokaho byahitanye Abanyarwanda 11. Mu bantu 11 batangazwa ko bahitanywe na biriya biza...
Mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Rebero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza inkuba iherutse gukubitira umugore iwe iramuhusha ariko itwikwa ibyo yari afite mu nzu. Umuriro w'inkuba wara...








