Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi Ngoga Aristarque yatangaje ko mu minsi itanu ishize, ibiza byatewe n’imvura byahitanye abantu batanu, bane bicwa n’inkuba. Inkuba nizo zik...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kirateguza abatuye Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyabihu na Musanze ko guhera saa sita kugeza saa kumi n’ibyiri zo kuri uyu wa 03, Kanama...
Meteo Rwanda iraburira abaturarwanda ko guhera kuri uyu wa Gatanu kuzageza kuwa Mbere tariki 14, Mata, 2025 mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi izaba irimo n’inkuba. Ni imvura izagwa mu bice byinshi...
Ubwinshi bw’Abanyarwanda bahitanwa n’inkuba buri hejuru ku buryo Leta y’u Rwanda igomba kureba icyo ikora ikagabanya ibishyira abaturage mu byago byo gukubitwa nazo. Nk’ubu mu kwezi kwa Gatatu konyine...
Mu Mudugudu wa Rusayo, Akagari ka Nyange, mu Murenge wa Bugarama muri Rusizi haraye habereye ikiza cy’inkuba yakubise abantu batatu barimo n’umunyeshuri wo mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza. Big...
Kuri uyu wa Mbere tariki 13, Mutarama, 2024 Imanazibayo Solange w’imyaka 29 y’amavuko yapfuye azize inkuba yamukubise ari konsa uruhinja rw’amezi icyenda. Yari atuye mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa R...
Mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Murambi mu Kagari ka Mubuga, haravugwa urupfu rw’abantu bane bazize inkuba yabakubise kuri iki Cyumweru. Muri rusange yakubise abantu 12 nk’uko Meya wa Karongi Geral...
Imvura yaraye iguye henshi mu Mujyi wa Kigali yateje ibiza birimo n’umukingo wagwiriye abana babiri bibaviramo urupfu. Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwi...
Abavandimwe batatu bo mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo baraye bakubiswe n’inkuba irabica. Bose bari bakiri bana bari basigaye mu nzu Nyina asohotse. Byabereye mu Mu Mudugudu wa Gikumba, Akaga...
Kuri iki Cyumweru taliki 20, Ukwakira, 2024 mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Nyarutunga mu Murenge wa Nyarubuye, mu Karere ka Kirehe habereye ibyago bikomeye aho inkuba yishe amatungo 24 arimo inka u...








