Nyuma y’inkongi yakongoye agace gato k’Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi muri Gasabo, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yongeye gusaba abantu kwibuka ko no gutunga kizimyamwoto bifasha iyo hari in...
Amakuru dukesha umwe mu bari ku Gisozi, avuga ko mu masaha ashyira umugoroba hari inkongi yadutse mu gice gituriye agakiriro ka Gisozi. Ntituramenya mu by’ukuri ibyahiye uko bingana ariko uwaduhaye am...
Abantu 16 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’inkongi ikomeye yisabiye inyubako yabagamwo abantu benshi iri mu Mujyi wa Dubai. Dubai niwo mujyi utuwe cyane kandi ukorerwamo byinshi muri Leta zunze u...
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahitwa Beni haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi na ADF buhitana abantu 35. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, niyo ibyemeza. Bishwe hakoreshejwe intwaro gakondo...
Ibaruragaciro ryakozwe nyuma y’inkongi iherutse kwibasira agakiriro ka Gisozi ryerekanye ko ibyahiye bifite agaciro kagera kuri Miliyari Frw 4. Mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 12, Gashyantare, 2023 ni...
Agakiriro ka Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali haraye gafashwe n’inkongi mu gice kibikwamo imbaho zirashya ziratokombera! Mu ijoro ryo ku itariki 12 Gashyatare 2023 nibwo byabaye. Polisi ...
Ni inkongi ikomeye yafashe icyumba kibikwamo ibintu muri IPRC Kigali, ikongeza bimwe mu byumba abakobwa biga muri kiriya kigo bacumbitsemo. Umunyeshuri ukuriye abandi witwa Etienne Micomyiza yabwiye T...
Igikorwa cyo gusudira cyateje inkongi yatwitse iduka ry’umugore witwa Mukaruzinda rirakongoka. Ni iduka rya Papéterie riri ahitwa ku Mashyirahamwe. Ababonye biba bavuga ko uwasudiraga yabonye inkongi...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubutabazi rivuga ko inyinshi mu nkongi zikunze gukongora inyubako ziterwa ahanini n’uburangare bw’abakoresha gazi ziteka cyangwa badacomokora ibyuma by’amashany...
Abanyeshuri 11 bo mu ishuri ryitwa Salama School riri ahitwa Mukono bishwe n’inkongi yadutse mu cyumba bararamo. Iri shuri riherereye ahitwa Luga, mu Kagari ka Ntejeru za Kisoga. ChimpReports yanditse...









