Gukererwa kuzimya inkongi y’umuriro igihe ibaye ahanini bitewe no kutagira ubumenyi bw’ibanze bwo kuzirwanya ku bari aho yabereye, bituma ubukana bwayo bwiyongera ikarushaho gufata intera bityo ikangi...
Mu Murenge wa Remera Akarere ka Gasabo ahitwa Rukiri II haraye hadutse inkongi ihitana umuzamu wari uraririye imari y’aho. Amakuru twashoboye kubona avuga ko ibi byago byabaye saa munani na mirongo 35...
Abashinzwe kuzimya inkongi mu Buholandi no mu bihugu bibuturiye bari gukora uko bashoboye ngo bazimye ubwato bupakiye imodoka 3,000. Ni impanuka yabereye mu gice gituriyemo inyoni nyinshi k’uburyo aba...
Umugabo witwa Emmanuel Maniragaba wo mu Murenge wa Cyuve aherutse kugira ibyago inzu ye irashya. Avuga ko abaje kumutabara batakoze icyo gikorwa cyiza gusa ahubwo ngo basize bamwibye Frw 730,000. Yabw...
Ubukangurambaga bwa Polisi bwo kwigisha abantu uko birinda inkongi n’uko bayirwanya iramutse yadutse burakomeje. Buri gukorwa mu gihe inkongi zirimo n’izikomeye zimaze igihe gito zadutse mu Mujyi wa K...
Bamwe mu batuye umurwa mukuru wa Iraq bazindukiye mu myigaragambyo yamagana itwikwa rya Korowani riherutse kubera muri Suwede. Bahise bagana kuri Ambasade y’iki gihugu barayurira bageze imbere bayiha ...
Abahanga bavuga ko inkongi ziri kwaduka hirya no hino ku isi muri iyi myaka ari intangiriro y’ibyago bizagera ku bantu niba batagabanyije mu buryo bufatika ibyuka bihumanya bohereza mu kirere ikiremwa...
Umwe mu baturage wari uciye ahitwa mu Migina mu Karere ka Gasabo yasanze hadutse inkongi. Imodoka ya Polisi yari yaje kuzimya. Umuriro watangiriye mu nzu ziri mu gikari cy’iziherereye ku muhanda uca a...
Isoko ryubakiwe abahoze bazunguza ryo mu Kagari ka Kibenga,Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ryakongotse. Kugeza ubu ntiharamenyekana agaciro k’ibyangiritse ndetse n’icyateye iriya nkongi. Icya...
Nyuma yo gukura mu nzira ivu n’ibindi byose byatewe n’inkongi ikomeye yibasiye agakiriro ka Gisozi, amakuru acvuga ko umuntu umwe ari we yahitanye. Umuriro mwinshi wakongoye agace kari gatuye kitaruye...









