Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatatu mu nyubako yo kwa Mukuza hadutse inkongi. Iyi nyubako iba mu Mujyi wa Kigali rwagati, ikaba imwe muzikorerwamo ubucuruzi bw’inzego zitandukanye. Yitiriwe umu...
Rumwe mu nganda zikomeye muri Koreya y’Epfo rwaturitse nyuma y’uko ahakorerwa amabuye atwara imodoka ya lithium hafashwe n’inkongi. Abantu 16 bahise bahasiga ubuzima. Urwo ruganda ru...
Inkongi yibasiye ububiko bw’intwaro muri Tchad, iteza iturika rikomeye ryatangiye mu ijoro ryo ku wa Kabiri rigeza ku wa Gatatu tariki 19. Kamena 2024. Guverinoma y’iki gihugu niyo yatangaje ko iyo nk...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aravuga ko mu ijoro ryakeye hari inkongi ikomeye yadutse mu gace kitwa Nyamugo mu Mujyi wa Bukavu, ikongora ibintu byinshi. Umunyamakuru witwa Ju...
Ibarura ry’ibicuruzwa byari biri muri MAGERWA ishami rya Burera rivuga ko ibi byose byari bifite agaciro ka Miliyoni Frw 7. Mu Byumweru bike bishize nibwo inzu ibikorwamo ibicuruzwa bisorera ku mupaka...
Amakuru ava mu Karere ka Burera avuga ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, ububiko bw’ibicuruzwa bwa MAGERWA hafi y’Umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda bwakongowe n’umuriro....
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga Umuyobozi w’ibi bitaro witwa Dr Norbe...
Abanyeshuri 153 bo mu ishuri Path to Success International School ryo mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro bahawe amahugurwa yo kwirinda no kurwanya inkongi. Ni amahugurwa bahawe ubwo bari ba...
Taarifa yamenye ko ibyatokombereye mu nkongi yaraye yibasiye isoko ry’impunzi zo ku Kigeme bifite agaciro ka Miliyoni Frw 143. Ni amafaranga agenekereje, ibyo bita estimation. Iyi nkongi yaraye yibasi...
Kuri X umupfumu Rutangarwamaboko yashimye Imana y’i Rwanda n’Abazimu ” batazima” ko barinze umuryango we ntiwashya. Yabitangaje nyuma y’uko inkongi yatewe no gusudira yib...









