Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri mu Karere ka Bugesera ahari icyanya cy’inganda haraye hadutse inkongi yafashe rumwe muri izo nganda rukora imyenda rwitwa Sunbelt Textiles Rwanda. Uru ruganda ruhereye ...
Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...
Croix-Rouge ya Kenya yatangaje ko hari inkongi yadutse mu ishuri ry’ahiwa Isiolo Girls High School ikomeretsa abana b’abakobwa batatu. Iyi nkongi yadutse hashize igihe gito hari indi yadutse muri kiri...
Ku kigo cy’amashuri abanza cyo muri Kenya kiri ahitwa Endarasha habereye ibyago byatewe n’inkongi yahitanye abana 17 abandi benshi barakomereka. Hari ubwoba ko umubare w’abana bahasize ubuzima uri buz...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo habereye iturika rya gazi umuriro wangiza byinshi. Inzu yahiye iri mu Kagari ka Kamatama, Umudugudu wa Nyarukurazo. Ababonye iyi nkongi bavuga ko umuriro warus...
Inkongi ni irindi zina bita umuriro ariko yo ikaba umuriro myinshi ushobora gutwika ibintu byose ukabikongora. Uwo muriro uterwa na byinshi bitewe n’aho uteye uturuka ariko nko mu mijyi ukunze guterwa...
Ububiko bw’ikigo kitwa Centrale de Distribution des Médicaments de Kisangani (CAMEKIS) buherutse gushya bwose imiti yari iburimo ifite agaciro ka miliyoni $1 iratokombera. Iyi nkongi yabaye ku Cyumwe...
Uko amasaha yatambukaga nibwo hamenyekanye ko umugabo wari urinze inzu ya shebuja yayihiriyemo arapfa. Byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere mu Kagari ka Kabuguru I, mu Murenge wa Rwezamenyo, Akar...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko mu cyanya cy’inganda kitwa Kigali Special Economic Zone hadutse inkongi mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo kuri uyu wa Mbere taliki 05, Kanama, 2024. Umwe mu b...
Abakozi b’ikigo gicunga umutekano ku nyubako z’abikorera ku giti cyabo ndetse n’iza Leta kitwa ISCO baraye barangije amasomo yo gukumira no kurwanya inkongi baherwaga ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda ...









