Ndayisabye Jean usanzwe ari umucuruzi mu Mujyi wa Rusizi, Umudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe yagize ibyago inzu ye y’ubucuruzi irakongoka Ibyahiye bifite agaciro ka Mi...
Aho ibintu bigeze, Israel iremera ko yibasiwe n’inkongi ikomeye k’uburyo byabaye ngombwa ko yitabaza amahanga ngo ayifashe kuyizimya. Ibyo ni Ubutaliyani, Ubugereki, Chypre na Croatia. Kuri uyu ...
Ibyago byagwiririye Ngirimana Emmanuel w’imyaka 28 utuye mu Mudugudu wa Nkuro, Akagari ka Vugangoma, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke ubwo Frw 120,000 yari yagurishije ingurube yahiraga mu nz...
Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, Ambasade yarwo ikorera muri Koreya Y’Epfo yihanganishije imiryango n’inshuti z’abaturage b’iki gihugu baburiye ubuzima mu nkongi y’umuriro yahitanye aba...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu igice kimwe cy’Ikigo nderabuzima cya Musambira cyafashwe n’inkongi ku buryo igice kiinini cyakongotse. Ku bw’amahirwe, Polisi yatabaye izimya hatarangirika byinshi. I...
Perezida Paul Kagame yasabye abatuye Turikiya kwihangana kubera inkongi iherutse kwibasira Hoteli igahitana abantu 76 bamaze kubarurwa kugeza ubu. Ubutumwa bwo kwihanganisha iki gihugu Kagame yabugene...
Muri Leta ya California, USA, amarira ni menshi atewe no gupfusha abantu 11, kubona imitungo ishya igakongoka, abantu bagasigara iheruheru bitewe n’inkongi zikomeye ziherutse kwibasira Umujyi mukuru w...
Inkongi imaze iminsi yaribasiye Leta ya California iravugwaho gutwika inzu z’ibyamamare bikomeye muri Hollywood birimo na Paris Hilton. The Sun yanditse ko hari ibindi byamamara byahombye kubera iriya...
Leta ya California iri guhangana n’inkongi ikomeye imaze iminsi mike ihadutse, ubu ikaba iri kototera ahantu hakinirwa filimi hakomeye ku isi hitwa Hollywood Hills. Muri iyi Leta hari ahantu hatandatu...
Imiryango y’Abarundikazi babaga mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, yatangaje ko ibabajwe n’urupfu rwabo rwatewe n’inkongi. Imyirondoro yabo yerekana abo Barundikazi ari Masika Sandra w’imyaka 20 n...









