Perezida Paul Kagame yavuze ko yagiranye ibiganiro n’ibigo bikora inkingo za COVID-19, agaragaza ko bikenewe ko zitangira gukorerwa kuri uyu mugabane kugira ngo zibashe kugera kuri benshi. Mu gihe nta...
Uruganda Janssen Pharmaceutica NV rwemeje ko rugiye guha Umryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) inkingo miliyoni 400 za Johnson & Johnson, zizifashishwa mu gukingira icyorezo cya COVID-19. Ni inkin...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo kugeza inkingo za COVID-19 mu bice bigoye kugezwamo imodoka, uyu munsi hifashishwa kajugujugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04, Werurwe, 2021 nibwo ...
Mu rwego rwo kugira ngo gahunda yo gutangira gukingira Abanyarwanda izatangire kuri uyu wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021, imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu Rwanda zatan...
Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge. INTELPOL ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihugu ‘bimwe’ bikomeje kugaragaza uburyarya mu kugura inkingo za COVID-19. Yavuze ko ibi bangamiye gahunda yashyizweho yogufasha ibihugu bikennye kubona inkingo ...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisit...
Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha. Hari impun...
Niyoyita Peace atuye mu Kagari ka Cyugaro, Umurenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera ari n’aho yororera ingurube. Avuga ko n’ubwo ubworozi bwazo bwungura ubukora, ariko bagihura n’ikibazo cy’uko nta ...








