Umuyobozi wa Gahunda y’Ikingira mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Hassan Sibomana, yatangaje ko u Rwanda rufite inkingo zakingira Covid-19 abaturage 70%, ku buryo igikenewe ari uko bitabira kwik...
Nyuma yo gushyikiriza Leta y’u Rwanda inkingo miliyoni 3.2, Madamu Deborah MacLean ukora muri Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda, yavuze ko igihugu cye kiteguye gukomeza gukorana n’u Rw...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yageze ku ntego yo gukingira Abanyarwanda 40%, yari yatanzwe nk’umuhigo ugomba kweswa mbere y’uko uyu mwaka wa 2021 urangira. Ni intego yagezweho nyuma y’uko kuri uyu...
Ambasade y’u Bwongereza yemeje ko icyo gihugu cyashyikirije u Rwanda inkingo miliyoni 1.1 za COVID-19 zo mu bwoko bwa AstraZeneca, zizunganira gahunda yo gukingira iki cyorezo abantu benshi bashoboka....
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe ubufatanye bw’igihugu kugira ngo umugabane wa Afurika ubashe kubona inkingo n’imiti ukenera, nk’uburyo bwafasha mu gukemura ibibazo by’ubuzima haherewe ku cyore...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and Prevention ( Africa CDC). D...
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gukingira COVID-19, imbaraga zerekejwe ahantu hahurira abantu benshi nko muri za gare zitegerwamo imodoka no mu mashuri, kugira ngo hatagira ucikanwa. Ikigo cy’Ig...
Perezida Paul Kagame yavuze ko inkingo za COVID-19 zizakorerwa mu Rwanda zigomba kubanza zigahaza abaturage bazikeneye, mbere y’uko zizajya mu bindi bihugu. Mu kwezi gushize Guverinoma y’u Rwanda yasi...
Gahunda yo gukingira COVID-19 mu Rwanda yafashe indi ntera, aho kuri uyu wa Mbere Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyatangaje ko inkingo zisaga miliyoni 1 zoherejwe mu turere 12, zikazahabwa a...
Ubuyobozi mu rwego rw’ubuzima muri Slovakia bwageneye u Rwanda inkingo 280 000 by’urukingo rwa COVID-19 rwo mu bwoko bwa AstraZenica. Byakozwe mu rwego rw’ubufatanye bw’Abanyaburayi bwo gufasha ibindi...








