Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame hamwe na bagenzi barimo uyobora Ghana, Nana Akufo Addo, uyobora Guyana witwa Irfaan Ali, umuyobozi mukuru wa BioNTech Uğur Şahin, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afu...
Perezida Kagame yaciye muri Senegal asuhuza Perezida w’iki gihugu akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe witwa Macky Sall. Kagame yari avuye mu ruzinduko yari amazemo iminsi mu bihugu bi...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yaraye yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati y’igihugu cye n’uruganda rukora inkingo za Moderna. Izi nkingo nazo zikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya mR...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko 60% by’abaturarwanda bamaze gukingirwa COVID-19 mu buryo bwuzuye, intego yari yihawe ko izagerwaho mbere y’uko uyu mwaka wa 2022 urangira. Ni urugendo rwa...
Inyingo yakozwe n’abaganga bo mu Bitaro byitwa Sheba Medical Center byo muri Israel ivuga ko kuba umuntu yarahawe urukingo rwa kane( muri Israel bamaze igihe barutanga) bidahagije ngo Omicron icike in...
Umujyi wa Kigali watanze amabwiriza yo kugenzura ko abawutuye bose bikingije icyorezo cya COVID-19, hagamijwe gutahura abatarikingiza ngo bibandweho mu “bukangurambaga”. Ni icyemezo Umuyob...
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko mu mpera z’umwaka ushize ubwandu bushya bwa COVID-19 bwazamutse ku rwego rukomeye, ku buryo bwiyongereyeho inshuro 769% ukurikije uko ibintu byari bisanzwe bihagaze. Umu...
U Rwanda n’u Budage ni ibihugu bifitanye amateka kuva mu Ntangiriro z’Ikinyejana cya 20 ubwo Inama yabereye i Berlin iyobowe na Bismarck yemezaga ko u Budage bugabanye igice cyahozemo ubwami bw’u Rw...
Abantu barenga 100,000 bakoze imyigaragambyo mu Bufaransa bamagana gahunda ya leta yo kubangamira abantu batakingiwe COVID-19, nyuma y’iminsi mike ikomojweho na Perezida Emmanuel Macron ko izashyirwa ...
Mu gihe gito kiri imbere, kuba warahawe inkingo ebyiri za COVID-19 aho zateganyijwe cyangwa rumwe rwa Johnson & Johnson ntibizaba bigihagije ngo witwe ko wakingiwe byuzuye nk’uko bimeze ubu. Guver...









