Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abashyitsi bari baje gutangiza ikiciro cya mbere cy’uruganda rwo gukorera inkingo mu Rwanda ko ubwo rwabwiraga amahanga ko rugomba gukorana n’abandi rugakora ink...
Ursula von der Leyen yageze i Kigali kuri uyu wa Mbere taliki 18, Ukuboza, 2023 mu ruzinduko ari butangirire mu muhango wo gufungura ku mugaragaro uruganda rukora inkingo ruri bufungure mu gihe gito k...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari kumwe na Komiseri mu Muryango w’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga Jutta Urpilainen basinye amasezerano y’ubufatanye bw’impande zombi mu guteza imber...
Ubuyobozi mu byerekeye ubuzima n’ubuvuzi mu Rwanda buvuga ko imwe mu ngamba u Rwanda rwafashe, ari ukuba ahantu hakorerwa imiti n’inkingo bihagije; bizafasha abatuye Afurika kubona imiti n’inkingo bih...
Indege nini yo mu bwoko bwa Antonov yagezei Kigali izanye ibisanduku binini cyane bizateranywa bigakorwamo inganda z’inkingo z’indwara zirimo COVID-19, igituntu n’izindi. Byaje mu ndege nini yo mu bwo...
Kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 nibwo u Rwanda ruri bwakire ibisanduku bya rutura bizubakwamo inganda zikora inkingo harimo n’urwa COVID-19. Amakuru aturuka ku kibuga cy’indege cya Kigali ...
Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame avuga ko buri muntu agomba kugira ubuzima bwiza kuko ari uburenganzira bwe. Yabivuze mu nama yahuje abafata ibyemezo muri Politiki ndetse no mu rwego rw’ubuzi...
Raporo y’uko imiti igera ku baturage isohorwa buri myaka ibiri ivuga ko ikibazo cy’uko imiti itinda kugera mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’amajyembere kigihari. Ni ubushakashatsi bwatangijwe n’i...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS/WHO, ryatangaje ko mu mwaka wa 2021 abana bangana na miliyoni 25 hirya no hino ku isi batigeze bakingirwa izindi ndwara kubera ko isi yose yari iha...
Ushinzwe ibikorwa muri Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda(Chargé d’Affaires) witwa Deb MacLean yatangaje ko igihugu cye cyahaye u Rwanda inkingo 254,400 za COVID-19 zigenewe gukingira a...









