Mu Murenge wa Nyarugenge ahateganye na BRD hatashywe Ikigo Nyafurika cy’imiti, Africa Medicines Agency, AMA. U Rwanda nirwo rwatsindiye iki cyicaro nyuma yo guhigika ibihugu icyenda byagishakaga. Mini...
Karine Jean-Pierre uvugira Ibiro bya Perezida w’Amerika yatangaje ko Amerika yahaye u Rwanda miliyoni $11 ni ukuvuga arenga miliyari Frw 12 ngo ruyakoreshe mu guhangana na Marburg. Amerika iri no gufa...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima avuga ko u Rwanda rwaraye rwakiriye inkingo za mbere za Marburg ziri butangire guhabwa abaganga kuri iki Cyumweru. Ni inkingo zigeze mu Rwanda nyuma y’imi...
Muri gereza iri i Kisangani haravugwa abagororwa 97 banduye ubushita bw’inkende, indwara imaze kuba icyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Muri abo abagera kuri 23 nibo bamaze kwemezwa ko ko...
Banki y’isi yarangije koherereza Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende imaze kwandura abantu bagera ku 18,000 abagera mu magana bakahagwa. Abantu 15,000 bo mu Ntara...
Kuva aho COVID-19 yadukiye muri Afurika igasanga idafite inkingo zihagije, byahindutse ikibazo ku buryo hari abavuze ko kuba itazifite ari ikindi kimenyetso cy’ubusumbane busanzwe mu isi. Ubu rero ubu...
Perezida Paul Kagame yageze mu Bufaransa ahari bubere inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’inkingo muri Afurika. Ni inama yiswe Global Forum for Vaccine Sovereignty and Innovation yateguwe n’Ikigo...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe y’ubuzima RBC gishimira urwego ababyeyi bitabiraho gukingiza abana ariko kikabasaba kubyongeramo umurego. Imibare yerekana ko gukingira abana bikorwa neza hirya ...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda kugira ibyo bagabanya mu biribwa, ibinyobwa ndetse no mu myitwarire kugira ngo barusheho kugira ubuzima bwiza. Guverinoma y’u Rwanda yari ...
Ubuyobozi bw’iyi Kaminuza bwatangaje ko igiye gutangiza amasomo yo gukora inkingo mu masomo azigwa ku rwego rwa Kaminuza rwa Masters. Abahanga bavuga ko iyo gahunda izafasha Abanyarwanda n’...









