Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, wayoboye Inkiko Gacaca zatangiye mu mwaka wa 2001 yabwiye abari baje kwibuka Abatutsi biciwe i Nyanza ya Kicukiro ko ziriya nkiko zabaye ingenz...
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ibibera imbere mu gihugu witwa James Cleverly azaza mu Rwanda kuganira na bagenzi be bayobora u Rwanda uko hasinyw...
Mu basomyi ba Taarifa hari umugore cyangwa umugabo ufite inshuti cyangwa uwo bashakanye ugiye kumara amezi atandatu afunzwe ‘by’agateganyo.’ Impaka mu banyamategeko ku mpamvu zitera ubucucike bukabije...
Mu gihe mu nkiko z’u Rwanda hadasiba kwinjira amadosiye mashya, ku rundi ruhande ubutabera bw’u Rwanda bufite ibibazo birimo n’igabanuka rigaragara ry’abacamanza. Ubu babarirwa muri 318 mu gihe abavok...
Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi b...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye abandi bayobozi mu nzego zitandukanye basanzwe bari muri FPR-Inkotanyi ko kimwe mu bibazo u Rwanda rufite mu butabera bwarwo ari uko ibyemezo by’inkiko bid...
Ibi byagarutsweho na Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Madamu Marie-Thèrese Mukamulisa mu muhango wo kurangiza gahunda yo gusuzuma ibibazo bisaba gusubirishamo imanza ku mpamvu z’akarengane waraye ...
Raporo y’inkiko mu mwaka wa 2020/21 igaragaza ko imanza zasabiwe gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane zageze ku 2033, mu gihe imanza zamaze gusesengurwa byagaragaye ko izabonetsemo akarengane zari 3%. I...
Perezida Paul Kagame yasabye ko ibihano bitangwa ku bafata abagore ku ngufu n’abasambanya abana byongerwa, nk’uburyp bwatuma abantu barushaho kubigendera kure. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere ubwo yar...
Mu rwego rwo kumenya byinshi ku mikorere y’ingabo z’u Rwanda, Umuvugizi w’Ingabo wazo Col Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kimwe mu byo ingabo z’u Rwanda zishyira imbere ari ihame ry’uburinganire. N...








