Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya aherutse kubwira Abasenateri ko Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo gushakisha inkende aho ziri hose mu Rwanda zigafatwa zikajyanwa muri Parik...
Bazishinja kwigabiza imirima yabo zikarya ibijumba, imineke n’ibigori k’uburyo bavuga ko niba Leta ya Kenya itabatabaye ngo izirukane, inzara izabibasira mu gihe gito kiri imbere. Abo ni abatuye ahitw...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yarangije gushyira ku ruhande Miliyoni $10 yo kwifashisha mu gihe indwara y’ubushita bw’inkende yaba yageze mu gihugu. Ni amafaranga yashyizweho...
Inkende yari yarigize kagarara ndetse ituma n’izindi zigira ibyigomeke ku baturagebayifashe barayica. Mu Buyapani mu Ntara ya Yamaguchi itsinda ry’inkende ryari rimaze iminsi ryarazengereje abahatuye....
Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaz...
Ku isi hari impungenge z’uko hashobora kwaduka ikindi cyorezo gitewe n’indwara Abanyarwanda bise UBUSHITA BW’INKENDE. Mu Cyongereza bayita Monkey Pox. Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko kugira is...





