Mu gihe u Rwanda rumaze igihe ruhugiye mu kurwanya Marburg kubera ubukana bwayo, ku rundi ruhande indi ndwara ya Monkey Pox isa n’itibukwa na benshi. Icyakora irahari ndetse no muri Uganda iriyo kandi...
Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu rwego rwo gukumira ubushita bw’inkende. Mu karere u R...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi itangaza ko abantu 300 ari bo bamaze kubarurwa ko banduye ubushita bw’inkende, abenshi muri bo bakaba ab’i Bujumbura. Komini ya Ntahangwa niyo ifite benshi kuko ari ab...
Muri gereza iri i Kisangani haravugwa abagororwa 97 banduye ubushita bw’inkende, indwara imaze kuba icyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Muri abo abagera kuri 23 nibo bamaze kwemezwa ko ko...
Banki y’isi yarangije koherereza Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende imaze kwandura abantu bagera ku 18,000 abagera mu magana bakahagwa. Abantu 15,000 bo mu Ntara...
Mu kiganiro Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse guha ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yavuze ko imibare bafite yerekana ko abakora uburaya n’abaguzi babo ari bo bugarijwe no kwa...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yakiriye mu Biro bye umuyobozi w’Ikigo nyafurika gishinzwe kurwanya ibyorezo witwa Jean Kaseya baganira uko inkingo z’ubushita bw’inkende...
Kuva aho COVID-19 yadukiye muri Afurika igasanga idafite inkingo zihagije, byahindutse ikibazo ku buryo hari abavuze ko kuba itazifite ari ikindi kimenyetso cy’ubusumbane busanzwe mu isi. Ubu rero ubu...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara. Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata...
Muri Uganda ahitwa Kasese haravugwa abantu babiri banduye ubushita bw’inkende, indwara imaze kugera mu bihugu bitanu by’Afurika y’Uburasirazuba. Ibyo ni u Rwanda, Uburundi, Repubulika ya Demukarasi ya...









