Abantu 15 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’amazi y’imvura yaguye mu minsi ishize, abandi 100 ubu baburiwe irengero. Inkangu ukomeye yahitanye abo bantu bari basanzwe batuye muri disit...
Abaturage bo mu muri umwe mu midugudu yo mu Birwa bya Papua New Guinea bazindukiye mu marira nyuma y’uko inkangu ihitanye abantu 100. Ni abo mu Mudugudu witwa Kaokalam mu Ntara ya Enga mu Bilometero 6...
Mu Murenge wa Remera Akagari ka Kamisave Umudugudu wa Rugari, mu Karere ka Musanze umukingo watengutse ugwira inzu yari iryamyemo abantu bane umwe arahagwa. Imvura imaze imaze iminsi igwa muri aka gac...
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe. Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi ...
Mu buryo bamwe bakekaga ko bushoboka, imvura yaguye kuri iki Cyumweru taliki 07, Mutarama, 2024 yongeye itengura ubutaka bukikije umuhanda uva i Karongi ugana i Nyamasheke buwugwamo none wongeye kuta...
Inkangu ikomeye yari yafunze umuhanda Karongi-Nyamasheke yakuwe mu nzira ubu wasubiye kuba nyabagendwa nk’uko Polisi yabitangaje kuri X. Ni umuhanda uca za Karongi ahitwa ‘Dawe Uri ...
Intara y’Uburengerazuba n’iy’Amajyaruguru zikunze kwibasirwa n’inkangu mu gihe cy’imvura nyinshi. Iyo zidafunze imihanda ngo urujya n’uruza ruhagarare, hari ubwo zihitana abahisi n’abagenzi baba abari...
Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro wabonetse. Hari hashize im...
Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo ategerejwe ahitwa Matadi na Funa ahaherutse gupfira abantu babarirwa mu 169 bazize inkangu yakonkobokanye umusozi itewe n’imvura nyinshi. Ara...
Nyuma y’akazi kamaze hafi iminsi ine abantu bakura mu muhanda ibitaka byinshi byamanuwe n’inkangu iheruka kubera mu muhanda uhuza Muhanga, Ngororero, Nyabihu ugana Rubavu, ubu wasubiye kuba nyabagendw...









