Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasohoye amabwiriza mashya agenga gahunda ya Girinka Munyarwanda. Girinka ni uburyo Leta y’u Rwanda yatangije bugamije ko buri rugo rw’Umunyarwanda ufite ubushobozi ru...
Perezida Kagame yaraye agabiye mugenzi we wa Congo Brazzaville inyambo mu rwego rwo gushimangira ubucuti nk’abayobozi b’ibihugu by’inshuti. Sassou Nguesso ari i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi itatu rug...
Aborozi b’inka bo mu bikuyu bya Gishwati banenga ubuyobozi bw’uruganda rubatunganyiza amata kutababwira uko imigabane barufitemo ihagaze kuko ngo hari amakuru bafite avuga ko rwahombye. Binubira ko nt...
Abaturage b’ahitwa Lumakanda muri Kakamega muri Kenya badukiriye umupolisi bari basanganye inka bari barabuze, baramukubita bamugira intere. Bamukubise bamushinja ko akoresha imbaraga ahabwa n’uko ari...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI, ivuga ko umukamo w’amata y’inka wazamutse ku rwego rugaragara. Wavuye kuri toni 142.511 mu mwaka wa 2005 ugera kuri Toni 999.976 mu mwaka wa 2022, bikaba byi...
Syverien Twagirayezu atuye mu Mudugudu wa Mihigo, Akagari ka Nyabisaga, Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara. Croix Rouge y’u Rwanda yamworoje inka, irabyara imuha n’ifumbire. We na bagenzi be bo...
Abagabo babiri n’umugore umwe bo mu Murenge wa Rubavu bakurikiranyweho kwiba inka y’umuturage bakagurisha inyama. Ku wa gatatu taliki 08, Werurwe, 2023 nibwo bivugwa ko bariya bantu bibye iriya nka ba...
Mu Karere ka Nyagatare hagiye kuzura uruganda rukora amata y’ifu. Ruzajya rukusanya amata y’inka zo muri Nyagatare, muri Gatsibo, muri Kayonza no muri Kirehe. Ni two turere dufite inka nyinshi kurusha...
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Nyamagabe bwafunze abagabo batanu bukurikiranyeho ibyaha birimo ubwinjiracyaha mu bwicanyi. Ni ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe umugabo n’umugore we, ubwo babasan...
Mu rwego rwo guca urugomo rukorwa n’abashumba bo mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bwako bwanzuye ko buri wese uragira agomba kugira ikarita imuranga. Imyaka irashize abaturage bo mu mirenge nka Cyanzarw...









