Umwe mu borora ingurube nyinshi mu Rwanda akaba na Perezida w’Ihuriro ryabo witwa Jean Claude Shirimpumu asaba ko drones za Zipline zitwa P2 ziherutse gutangazwa ko zizageza ibicuruzwa ku batuye...
Mu Mirenge y’Akarere ka Rutsiro habaruwe ingurube zirwaye indwara iterwa n’agakoko ka bacteria Abanyarwanda bise ‘Muryamo’. Utwo dukoko iyo tugeze mu rwungano rw’igogora mu nda y’itungo tugatuma ingur...
Ibyago byagwiririye Ngirimana Emmanuel w’imyaka 28 utuye mu Mudugudu wa Nkuro, Akagari ka Vugangoma, Umurenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke ubwo Frw 120,000 yari yagurishije ingurube yahiraga mu nz...
Mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ntarama hari umugore witwa Peace Niyoyita woroye ingurube 400 z’icyororo cya kijyambere, agashima ikoranabuhanga rya drones z’ikigo Zipline rimufasha koroza ab...
Mu bukungu umusaruro ku isoko ugira ingaruka ku biciro. Umusaruro w’ibikomoka ku bworozi mu Rwanda, by’umwihariko, utubuka cyangwa ugatuba kubera impamvu zitandukanye. Bimwe mubyo aborozi bavuga ko b...
Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Niyoyita Peace ni rwiyemezamirimo wo mu Karere ka Bugesera akaba aherutse guhembwa nk’umugore wahize abandi mu kumurika ibikomoka ku bworozi mu imurikabikorwa ry’ubuhinzi n’ubworozi riherutse kubera k...
Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri MINAGRI itashye uruganda rwitwa Gorilla Feed rwubatse mu cyanya cy’inganda i Masoro, aborozi b’ingurube babishimye ariko basaba ko ibyo...









