Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Minisitiri w’Intebe wa Niger witwa Ali Mahaman Lamine Zeine baganira uko Kigali na Niamey byakorana mu ngeri zitandu...
Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda asanga kugira ngo Afurika yongere amashanyarazi ikenera, ikwiye gufatanya mu kubyaza umusaruro akomoka ku ngufu zisubira harimo iza nikileyeri, izuba n’u...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye abayobozi n’abahanga mu by’ingufu za nikeleyeri bari bamaze iminsi mu Rwanda mu nama yiga kuri izi ngufu. Abo bayobozi bayobowe na Dr. Lassina Zerbo, U...
Tomsk University ni Kaminuza yo mu Burusiya yasinyanye amasezerano n’Ikigo nyarwanda gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Rwanda Atomic Energy Board ngo izagifashe muri byinshi birimo n’ubushakashatsi mu by...
Imibare yaraye itangiwe mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda igamije kuzamura umubare w’abagore bakora mu rwego rw’ingufu( energy) igaragaza ko muri Afurika abagore barukoramo bari hagati ya 9% n...
Umwaka wa 2024 uzaba umwaka w’ibikorwa bitandukanye mu Rwanda birimo n’inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu zitanga amashanyarazi, yaba ayisubira cyangwa ay’ubundi bwoko. Niyo nama ya...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko ingufu zibyara amashanyarazi zakwizwa ku isi ko u Rwanda by’umwihariko n’Afurika muri rusange hatakiri ahantu ho kw...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana yafashwe na RIB akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa bivugwa ko yari amaranye Icyumweru baba iwe. Inzego z’ibanze nizo...
Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye ibyamfura mbi u...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa MySol bamaze iminsi baha abaturage ibyuma bik...









