Muri Miliyari Frw 3.5 zikenewe kugira ngo ubutaka buzubakwaho ingoro ya Birika Mariya mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bugurwe bwose, hamaze kuboneka Miliyoni Frw 300. Kiliziya irasaba Abak...
Abahinde baba mu Rwanda baraye batashye ingoro ya mbere izasengerwamo na bagenzi babo bo mu idini gakondo ry’Abahindu. N’ubwo idini ry’Abahindu ari ryo gakondo kandi riniganje mu Buhinde, habayo n’an...
Mu Karere ka Nyanza hafunguwe indi ngoro y’amateka y’Abanyarwanda yiswe ‘Kwigira Museum’. Iherereye mu Karere ka Nyanza, ku musozi wa Rwesero. Umusozi yubatsweho ngo ubumbatiye amateka y’u Rwanda kuk...
Umuyobozi w’Ingoro ndangamurage z’u Rwanda, Ambasaderi Robert Masozera avuga ko mbere y’uko icyorezo COVID-19 cyaduka mu Rwanda inzu ndangamurage zinjirizaga igihugu Frw 200, 000, 000. Ubu zaragabanu...
Polisi yo muri Afurika y’Epfo yafashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko, imukurikiranyeho uruhare mu nkongi yafashe Inteko ishinga amategeko ya kiriya gihugu. Mu gitondo cya kare cyo kuri i...
Umuriro ukomeye wibasiye Ingoro y’Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo mu mujyi wa Cape Town, utuma zimwe mu nkuta z’iyi nyubako zitangira kwiyasa. Abashinzwe kuzimya umuriro batang...
Ubuyobozi bukuru bw’Ingoro ndangamateka z’u Rwanda butangaza ko ahari Umudugudu witwa Urukari mu Karere ka Nyanza hagiye kwagurwa hubakwe ingoro nyinshi za bamwe mu bami b’u Rwanda kugira ngo amateka...






