Guverinoma y’u Rwanda yahawe Miliyoni € 173.84 yo gushora mu bikorwa byo kugeza hirya no hino amashanyarazi akomoka ku ngufu zitangiza ibidukikije. Uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda usanga arenga Mili...
N’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo. Baraye bishe abatur...
Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku mikurire iboneye y’abana, NCDA, bwananiwe gusobanurira Abadepite bagize PAC impamvu hari ingo mbonezamikurire 90 zikora kandi ubwo bu...
Imibare iherutse gutangazwa na Minisitiri w’intebe ubwo yavugaga uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze mu myaka irindwi ishize, yemeza ko ingo zirenga 1,500,000 zifite amashanyarazi. Iyo mibar...
N’ubwo atari bose, ariko muri rusange abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abo mu cyaro, ntibarasobanukirwa neza uko raporo ku byaha bikorerwa aho bayobora zikorwa. Niyo mpamvu RIB iri kubibahugur...





