Ikigo Nyarwanda gitwara abantu mu ndege Rwandair cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ingendo zijya muri Qatar no muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Byatewe no kwirinda ko intambara iri ...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko uruhare Ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu ndege, Rwandair, cyagize mu guhuza ibihugu bya Afurika ari urwo gushimwa. Yabivugiye mu kiganiro ...
Indege za Air Tanzania zashyizwe ku rutonde rw’indege zitemerewe guca mu kirere cy’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi kubera ko kudashira amakenga umutekano wazo. Urutonde rukumira izo ndege...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...
RwandAir yatangije ingendo z’indege itwara imizigo mu Murwa mukuru wa Zimbabwe ari wo Harare. Kuri X, ubuyobozi bwa RwandAir bwanditse ko iyo ari intambwe itewe kandi ari n’uburyo bwo kunoza imi...
RwandAir yatangaje ko igiye kuba ihagaritse ingendo ziva n’izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo kubera impamvu zitatangajwe. Iki cyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa taliki 27, Ukwakir...
Ikigo gishinzwe gutegura ibizamini, NESA, cyatangaje uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazasubira ku mashuri yabo. Taliki 15, Mata, 2024 nibwo igihembwe cya gatatu cy’amashuri kizatangira. Ingendo zo ...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwatengushywe n’ikoranabuhanga rwarimo rutegura mu gufasha abagenzi kwishyura ingendo bishingiye ku ntera bakoze. Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri R...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Werurwe, 2024, Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya ku ngendo hirya no hino mu Rwanda. Ni ibiciro bamwe bavuga ko biremereye kubera ko ...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente avuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambyw ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hari bisi 140 ziri hafi kugezwa ...









