Kuva isi yabaho( bavuga ko hashinze imyaka miliyoni 485) ntiyigeze igira ubushyuhe nk’ubwo ifite muri iki gihe. Ndetse abahanga bavuga ko mu myaka yose imaze, umwaka wa 2023 ari wo yashyushye kurusha ...
Mu Butaliyani haratangira inama mpuzamahanga ihuza ibihugu bikize kurusha ibindi ku isi ya G7 aho byitezwe ko imwe mu ngingo zizigwaho, zikaba zanakwemezwa, ari uko imitungo yahoze ari Uburusiya yafat...
Umuhanga mu bukungu, Umunyarwanda Teddy Kaberuka, yabwiye Taarifa ko kuba Uburundi bwafunze umupaka wabwo n’u Rwanda bizagira ingaruka ku bukungu bw’ibihugu byombi. Avuga ko Uburundi buzabura amadoviz...
Nyuma yo kubona ko umwuga wo kubumba nta gafaranga ukibinjiriza, abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Huye bavuga ko bashaka kuyoboka ibishanga bagahinga. Icyakora bavuga ko imbogamizi bafite ...
Mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, mu mpera z’Icyumweru gishize Polisi yafashe abantu bane barimo umukobwa wayibwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi ...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari ,IMF, kivuga ko kugira ngo ubukungu bw’ibihugu by’aAfurika buzikure mu ngaruka za COVID-19 bizaterwa n’uburyo bizakora imibare yabyo. Ibizabara neza nibyo bizunguka n’aho...





