Hari abaturage bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanga bavuga ko uburyo WASAC isaranganyamo amazi budakwiye. Ababivuga ni abo mu Mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe, Muhanga na Cyeza. Bavuga ko bamwe muri bo b...
Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Dr. Jean Chysostome Ngabitsinzi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko hari inganda u Rwanda rushaka kwegurira abikorera ku giti cyabo. Iz’ibanze Ngabitsinze avuga ko ba...
Ubuyobozi bwa RDB bwaganiriye n’abafatanyabikorwa bwayo barebera hamwe ibyo icyanya cy’inganda cya Masoro kimaze kwinjiriza u Rwanda. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB Nelly Mukazayire yabwiye abari a...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz, RMB, cyatangije politiki yo kubaka inganda zitunganyiriza amabuye y’agaciro imbere mu gihugu. Intego ni ukwirinda igihombo giterwa no kohereza hanze a...
Ku munsi wa nyuma w’uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. François Xavier Kalinda yagiriraga muri Pakistan, yasinyanye na mugenzi we Muhammad Sadiq Sanjrani amasezerano y’imikorani...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibikorerwa mu nganda, NIRDA, kishimira ko hari imishinga umunani giherutse gutera inkunga kugira ngo abayishinze bakore neza, ibateze imbere. Ni muri gahunda i...
Minisitiri Jean-Chrysostome Ngabitsinze ushinzwe ubucuruzi mu Rwanda avuga ko kugira ngo igihugu gitere imbere mu buryo burambye ari ngombwa ko kigira inganda zikora byinshi. Icyo gihugu gikenera bike...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko ababituye bagira. Yabivugiye ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubushakashatsi mu nganda, National Industrial Research and Development Agency (NIRDA), cyahembye abanyeshuri bahize abandi mu kongerera agaciro ibikomoka ku bu...
Indege nini yo mu bwoko bwa Antonov yagezei Kigali izanye ibisanduku binini cyane bizateranywa bigakorwamo inganda z’inkingo z’indwara zirimo COVID-19, igituntu n’izindi. Byaje mu ndege nini yo mu bwo...









