Akarere ka Bugesera ni kamwe mu Turere dufite amajyambere ari kwihuta cyane. Ibarura rusange ry’abaturage ryo mu mwaka wa 2022 rivuga ko gatuwe n’abaturage 551 103. Kuba gaturanye n’Umujy...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi, Prudence Sebahizi yabwiye abikorera ku giti cyabo ko u Rwanda rwahize ko mu myaka itanu iri imbere rugomba kuba rwohereza hanze ibintu bifite agaciro ka Miliyari $7 z...
Muri Musanze hagiye kubakwa uruganda rukora ibyuma ruzunganira urwitwa SteelRwa Ltd rukorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwurire. Urw’i Musanze ruzakora ibyuma mu mabuye y’ubutare, rukazagaba...
Abacuruzi bo mu Rwanda bavuga ko babangamiwe ni uko mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba hagaragara bakwa ruswa, ikaza yiyongera ku mafaranga acibwa imodoka zabo iyo ziciye mu mihanda y’aho kand...
Nk’urwego rwa Politiki rumaze igihe ruyobora u Rwanda kandi rufite icyizere cy’uko ruzabikomeza, FPR-Inkotanyi iteganya ko mu myaka itanu iri imbere izubaka uruganda rukora ibirahure bikoreshwa mu bwu...
Ubwo yiyamamarizaga kuzongera kuyobora u Rwanda, Kagame yavuze ko bidakwiye ko ibyo Abanyarwanda beza mu mirima yabo bigurishwa hanze kuri macye, bikazagaruka bihenze. Yabwiye abaturage ko ibyo ari by...
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...









