Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje uko ikinyuranyo hagati y’ibyo u Rwanda rwohereje n’ibyo rwatumije mu mahanga gihagaze mu gihembwe c...
Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Perezida Donald Trump n’abo bakorana barateganya gusohora amabwiriza abuza ibigo by’ubucuruzi n’inganda kwita ku masezerano mpuzamahanga abuza ibihugu kohereza mu kirere ibyuka bituma gishyuha. Bitega...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, MINICOM, Kajangwe Antoine avuga ko kugira ngo ibyanya byose by’inganda biri mu Rwanda bikore neza hagomba kuboneka Miliyoni $130 ni ukuvu...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Abimana Fidèle yabwiye Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko ko u Rwanda ...
Intumwa z’ibihugu bitandatu byo muri Afurika zahuriye mu Rwanda mu nama yo kwigira hamwe uko habaho guhuza no kwihutisha amabwiriza y’ubuziranenge ku bicuruzwa bihuriweho no korosha itanga ry’ibirango...
Aborozi, ababaga, abatunda amatungo n’abatunganya impu bahuriye mu nama bigiramo uko bahuza imbaraga mu kuzamurira impu agaciro. Bemeza ko iyo zititaweho ngo zitunganywe, bibahombya n’igihugu muri rus...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi Prudence Sebahizi avuga ko aherutse kuganira na bagenzi be bo mu bihugu by’Afurika bemeranya ku ngamba zizafasha ibihugu byabo guhangana n’izamurwa rya 10% riherutse g...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
Indonesia, Taiwan na Israel ni bimwe mu bihugu biri kuganira n’ubutegetsi bwa Donald Trump ngo harebwe uko bwagabanya urwego rw’imisoro bwabishyiriyeho. BBC ivuga ko ibihugu 50 ari byo bir...









