Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva asaba abaturage ba Musanze by’umwihariko n’abo mu tundi turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga ko iyo ingagi zibungabunzwe, akamaro kabyo nabo kabageraho. Nsen...
Mu mugoroba wo kwishimira uko kwita ingagi ku nshuro ya 20 byagenze, ab’imena mu batumiwe bazasusurutswa n’itsinda ricuranga Zouk ryitwa Groupe Kassav. Bizabera muri Kigali Convention Center mu masaha...
Kubera impamvu zitatangajwe, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyanzuye ko abana 22 b’ingagi batakiswe amazina ku italiki 18, Ukwakira, 2024 nk’uko byari biherutse gutangazwa. Itangazo ry’ik...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara. Ibi kandi byashimangiwe...
Umwe mu bagore bakize kurusha abandi ku isi kandi ukunzwe cyane kubera ibiganiro akora witwa Oprah Winfrey yabwiye abakunzi be ko ateganya kuzasura u Rwanda mu minsi iri imbere. Yabibwiye umunyamakuru...
Umunyamerika witwa Peter Greenberg uri mu nshuti z’u Rwanda zikomeye ari mu Rwanda aho ari gutegura ikiganiro yise Global Travel Updates. Muri Mata, 2018 Greenberg yaje mu Rwanda akorana filimi mbaran...
Michaella Rugwizangoga ushinzwe kubungabunga Pariki z’u Rwanda mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, yavuze ko mu myaka 20 ishize umuhango wo kwita izina utangiye, abana b’ingagi 300 bamaze kwitwa am...
Abanyarwanda basanzwe bita abana babo amazina mu muhango buri rugo rwavukishije umwana rukora witwa ‘Kwita umwana’. Abawitabiriye cyane cyane abana barya icyo bita ubunnyano. Si abana gusa Abanyarwan...
Raporo ngarukamwaka y’ikigo cy’igihugu cyiterambere, RDB, ivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, amadovize u Rwanda rwakuye mu bukerarugendo yiyongereye ku gipimo cya 171.3%. Mu mwaka wa 2021, ubukerarugend...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavugiye i Doha muri Qatar ko uburezi ari ingenzi mu gutuma umuntu amenya akamaro k’ibidukikije no kubirengera. Perezida Kagame yavuze ko buri mwana w’Umunyarwanda ndets...









