Guy Kabombo Mwadiamvita uyobora Minisiteri y’ingabo yagiye mu Mujyi wa Beni( niwo Leta isigaye yita Umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru) ngo aganire n’abasirikare bahakorera, abahe morale yo kuzahan...
Itsinda rya ba ofisiye bato mu ngabo z’u Rwanda ryasuye ingoro y’amateka yo kubohora u Rwanda iri ku Nteko Ishinga amategeko basobanurirwa uko bakuru babo bitanze ngo batabare Abatutsi bahigwaga bukwa...
U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda. Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifat...
Ingabo za Malawi zakoreraga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC zasabwe gutangira kwitegura gutaha. Bikubiye mu butumwa Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yahaye Umugaba mukuru...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
Muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru hagaragaye ingabo nyinshi za Uganda bivugwa ko zahazanywe no gufatanya n’iza DRC guhashya abarwanyi ba ADF. Umuvugizi w’ingabo za DRC zikorera muri Ki...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko yamenye ko hari umugambi ingabo za SADC zari ziri i Goma mu minsi ishize zari zifatanye n’iza DRC wo kurutera. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivug...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwana General Mubarakh Muganga yahaye abasirikare 531 uburenganzira bwo kuba abakomando mu ngabo z’u Rwanda nyuma y’amezi 11 bari bamaze batorezwa mu kigo cya Nasho muri Ki...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko abakozi 20 bo mu bucukuzi bwa peteroli baguye mu mpanuka y’indege harokoka umwe. Bivugwa ko mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kane ari bwo yabaye ubwo habur...
Ku mupaka w’u Rwanda na DRC hakiriwe abacanshuro bakabakaba 300 bacishijwe mu Rwanda mbere yo kurizwa indege basubizwa iwabo. Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo bari bageze i Ru...





