Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner yavuze ko kuba M23 yatangaje ko igiye kuva i Walikale no mu nkengero z’aho ari ikintu cyiza ariko gikwi...
Abanyarwanda bo hambere bagiraga Ikinyarwanda cyabo, bakagira imikino yabo, bakagira imigirire n’imigenzereze bitandukanye n’iby’abubu. Uretse kumasha, kunyabanwa n’indi mikino ya gisore yarangaga aba...
Gen Muhoozi Kainerugaba yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yari amaze igihe ateguje. Mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba nibwo yageze i Kigali, yakirwa na mugenzi we uyobora ingabo z̵...
Joseph Kabila wahoze uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ntaho ahuriye na M23, ko abamuhuza nayo babeshya. Uyu mugabo umaze igihe uba muri Afurika y’Epfo yabitangaje mu kiganiro yahaye ...
Umutwe AFC/ M23 wanzuye kutitabira ibiganiro byo muri Angola byari buwuhuze na Guverinoma ya DRC. Uyu mutwe wasohoye itangazo ugaragaza ko uhagaritse kwitabira ibiganiro byari kuyihuza n’intumwa za Le...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka yasabye urubyiruko kwitabira kujya mu gisirikare ku bwinshi kugira ngo rukome imbere M23. Yavuze ko Leta yazamuye umusha...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ari i Harare muri Zimbabwe ayoboye itsinda ririmo n’Umugaba w’umutwe udasanzwe mu ngabo z’u Rwanda witwa Brig Gen Stanislas Gashugi ndetse n...
Nyuma yo kumuzamura mu ipeti akaba Brigadier General avuye ku rya Colonel, Perezida Kagame yagize Stanislas Gashugi umuyobozi mushya w’umutwe w’ingabo zidasanzwe muri RDF bita Special Operations Force...
Umuyobozi mushya wa Syria Ahmed al-Sharaa yavuze ko agiye gukurikirana abantu bose bagize uruhare mu bwicanyi bwatumye hapfa abantu 830. Mu minsi ishize hari ubwicanyi bwabaye hagati y’ingabo z’iki gi...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko abasirikare 200 b’iki gihugu bahamwe n’ibyaha birimo guhunga umwanzi bityo ko bakatiwe urwo gupfa. Uwo mwanzi uvugwa ...









