Colonel Raoul Bazatoha uhagarariye inyungu za gisirikare z’u Rwanda muri Ambasade yarwo i Washington yaraye yitabiriye igikorwa cyo guha impamyabumenyi abasirikare bane b’Abanyarwandakazi barangije am...
Mu kiganiro yahaye France 24, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda gushaka kumutera, akavuga ko ruzabikorwa rwitwaje ko abateye ari Abarundi kandi ari rwo rubari inyuma...
Aho ibintu bigeze, Israel iremera ko yibasiwe n’inkongi ikomeye k’uburyo byabaye ngombwa ko yitabaza amahanga ngo ayifashe kuyizimya. Ibyo ni Ubutaliyani, Ubugereki, Chypre na Croatia. Kuri uyu ...
Abari bahagarariye M23 mu biganiro byateguraga ibindi bizaba mu mpera za Mata, 2025, baravugwaho kubivamo kubera impamvu z’uko hari ibyo batemeranyije kandi bikomeye. Bivugwa ko kuri uyu wa Kabiri tar...
Umwe mu bayobozi b’urubyiruko rwa Wazalendo yabwiye Minisitiri w’ingabo za DRC Alexandre Luba Ntambo ko we na bagenzi be barambiwe ingabo z’u Burundi kuko ngo zibitambika mu kazi. Uwo muntu agira ati:...
Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz avuga ko ingabo z’igihugu cye zigomba gufata mu buryo budasubirwaho ibice bya Gaza bigahinduka ibya Israel. Muri iki gihe, iki gihugu kiri mu cyiciro cy...
Abashinwa bakora mu Kigo GLC gikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Kalemie barataka ko hari abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo babahotera bo ubwabo cyangwa bagahohotera bagenzi ba...
Imitima y’abayobozi bakuru mu Burundi irahagaze. Ibi ahanini biterwa n’ubwoba bushingiye ku makuru bavuga ko ashingiye ku makuru y’uko u Rwanda rushaka kubatera. Perezida Evariste Nd...
Ingabo z’u Rwanda (RWABATT-2) zoherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zambitswe imidali yo kuzishimira umuhati zigira mu kubungabunga umutekano mu baturag...
Amakuru aturuka muri Israel aremeza ko ingabo z’iki gihugu zatangije ibitero byo ku butaka muri Syria. Ubwo zinjiragamo, zahuye n’amasasu aremereye yo ku ruhande rw’umwanzi, biba ngo...









