Nyuma y’uko inama yagombaga guhuza abagize Akanama gashinzwe umutekano mu Muryango w’Afurika Yunze ngo bige ku bibazo bya Tchad isubitswe kenshi, kuri uyu wa Gatanu yateranye. Ni Inama ikomeye kuko ib...
Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Dan Munyuza barangije urugendo rw’iminsi itanu bakoreraga muri Tanzania. Kuri uyu wa Kane tariki 13,...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo Perezida Museveni arahirire kungera kuyobora Uganda kuri Manda ya gatandatu, umuhango uzaba kuri uyu wa Gatatu tariki 12, Gicurasi, 2021, Ibiro by’Ishyaka rw’uwo bar...
Ingabo za Centrafrique n’iz’u Rwanda zirashaka ko ubufatanye bwazo burenga kurwanya inyeshyamba zimaze iminsi zugarijwe ubutegetsi bw’i Banqui ahubwo bukagera no mu zindi nzego zirimo n’amahugurwa. Ni...
Kuri uyu wa Mbere nibwo abasore n’inkumi barenga 700 bahawe ipeti rya Second Lieutenant na Perezida Paul Kagame. Bari barangije amasomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu Ngabo z’u Rwanda...
Abajenerali barenga 20 barimo abari mu kiruhuko cy’izabukuru baraye banditse ibaruwa ifunguye igenewe Perezida Emmanuel Macron bamuburira ko niba atagaruye umutekano mu gihugu ngo atsinde burundu abak...
Mu Cyumweru gishize mu Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye yayoboye umuhango wo guha abasirikare be ipeti rya Sous Lieutenant. Habaye akarasisi kadasanzwe kuko hari bamwe mu bakagaragayemo, bakuye ...
Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya Gako Maj. Gen. Innocent Kabandana yavuze ko abanyeshuri binjijwe mu ngabo z’u Rwanda kuri uyu wa Mbere bakoze akazi gakomeye, ku buryo atari bose babashije kurang...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje kubaka ubushobozi bw’ingabo zarwo nta we bikwiye gutera ubwoba, kuko bigamije guha abaturage umutekano bakeneye ngo biteze imbere. Yabigarutseho k...
Tchad ni igihugu kihagazeho muri byinshi ariko cyane cyane ku gisirikare. Kuba giherutse gupfusha Umukuru w’Igihugu ni ibyago bigikomereye ariko bitazabura kugira ingaruka ku karere iherereyemo. Iki g...









