Lieutenant General Wilson Mbasu Mbadi yagizwe Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda. Ni icyemezo cyafashwe na Perezida Yoweli Museveni, akaba ari n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda, UPDF. Gen Willson...
Nyuma y’uko ingabo za Uganda zivuye mu gace ka Marianguwaay hafi y’ahitwa Lower Shebelle muri Somalia, bakahasigira ubutegetsi bw’i Mogadishu, abarwanyi ba Al Shabaab bahise bahigarurira. Umuhango wo ...
Itsinda ry’abasirikare 47 bo mu bihugu byiganjemo ibya Aziya ziri mu Rwanda mu rwego rwo gutsura ubufatanye hagati yazo n’iz’u Rwanda. Mu Rwanda zakiriwe n’umugaba w’ingabo zirwanira mu kirere Lieute...
Agahenge kari kamaze igihe gito gasinywe hagati ya Israel na Hamas( iyi niyo itegeka Gaza) kaburijwemo nyuma y’uko indege z’intambara za Israel zongeye kurasa mku birindiro bya Hamas zihimura ku banya...
Guhera tariki 12 kugeza tariki 19, Kamena, 2021 itsinda ry’abasirikare bo muri Nigeria bayobowe na Brigadier General Aniedi Edet bari mu Rwanda mu ruzinduko shuri. Kuri uyu wa Kabiri bahuye na Lieufte...
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo baherutse gukorera umuganda mu bitaro biri ahitwa Torit muri Leta ya Equatoria, imwe mu zigize Sudani y’Epfo. Ni umuganda bakoze ba...
Taarifa imaze kubona itangazo ryavugaga ko Minisiteri y’ingabo z’u Burundi ivuga ko abateye u Rwanda bataturutse ku butakwa bwabwo, yabajije umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Col Floribert Biyereke niba ...
Muri Afghanistan intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu. Imirwano iheruka yaraye ibereye mu gace ka Mehterlam mu Ntara ya Laghman. Abarwanyi b’Abatalibani batangij...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda rivuga ko mu ijoro ryacyeye hari abarwanyi bashatse gutera u Rwanda baturutse i Burundi ahitwa Giturashyamba muri Komini Mabayi ariko bakubitwa inshuro. Riv...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 18, Gicurasi, 2021 Perezida Kagame yaraye ahuye na benshi mu bari bagize Komisiyo yanditse ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bari m...









