Birashoboka ko General Kayanja Muhanga uyoboye ingabo za Uganda zagiye kwirukana abarwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azaza mu bantu bazavugwa kenshi mu itangazamakuru ryo muri ak...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi karaterana kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Ugushyingo, 2021 karebere hamwe ibyahinduka mu nshingano zahawe Misiyo ya UN yoherejwe kugarura amahor...
Hari amafoto ari kuri Twitter yerekana abasirikare b’u Rwanda b’abagore bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo umwe muri bo akikiye umwana ari kumuha igikoma cya SOSOMA. Bagenzi be barimo ufit...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, abasirikare b’u Rwanda bakurikiranye abantu bageragezaga kwinjiza magendu mu Rwanda, birangira bakandagiye ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko ibin...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi batatu gutangira gukorera mu Rwanda. Barimo uwa Qatar witwa Misfer Bin F...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
Col Ronald Rwivanga uvugira Ingabo z’u Rwanda yabwiye Taarifa ko kuba izi ngabo zigaruriye umujyi wafatwaga nk’ibirindiro by’abarwanyi ba Islamic State muri Mozambique ari ikintu gikomeye. Ngo akazi ...
UBUHAMYA: Kugira Ipeti rya Colonel ni ukugira inshingano zikomeye mu gisirikare. Ba Colonels nibo ‘mu by’ukuri’ bayobora ingabo. Umusirikare wo mu ngabo z’Amerika witwa Kevin Benson avuga kugira ngo u...









