Urukiko mpuzamahanga, International Court of Justice, rwaraye rutegetse Uganda kuba yishyuye igice gito cy’umwenda ibereyemo Repubulika ya Demukarasi ya Congo kingana na Miliyoni 325 $, iki kikaba ari...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo muri U...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura avuga ko ari ngombwa ko ingabo z’ibihugu by’Afurika muri rusange n’iz’u Rwanda by’umwihariko zigira ibikoresho bigezweho byo gutwara abasir...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo harangijwe inama yahuje Abagaba b’Ingabo zirwanira mu Kirere zo ku Mugabane w’Afurika n’ingabo z’Amerika zikorera mu Afurika yari imaze iminsi ibera muri Kigali Convention Ce...
Filip Nyusi uyobora Mozambique kuri uyu wa Gatanu yasuye inzego z’u Rwanda zagiye mu gihugu cye gufasha izaho kugarura umutekano muri Cabo Delgado. Yasabye ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo gukomeza k...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique mu bikorwa byo guhashya abarwanyi bari bamaze imyaka myinshi barigaruriye Intara ya Cabo Delgado Major General Innocent Kabandana yasabye abagaba b’izi...
Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Amayepfo (SADC) wongereye igihe ingabo zawo zizamara mu butumwa bwo guhangana n’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique (SAMIM), wemeza ko hari inta...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga avuga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zifatanyije na Polisi y’u Rwanda, ziri gutoza iza Mozambique kugira ngo igihe nikigera zigataha iza Mo...
Ubuvugizi bw’ingabo za Uganda buherutse gutangaza ko ubwo zageraga mu birindiro bikuru by’abarwanyi ba ADF biri ahitwa Kambi Ya Yua, zasanze bariya barwanyi barazinze utwabo bahasiga imineke, intebe z...
Guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Ukuboza, 2021, ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda na Polisi bufatanyije n’ubuyobozi mu by’ubuzima bwatangiye gukingira abasirikare n’abapolisi bari muri Mozambique buju...









