Amakuru ava muri Ukraine avuga ko nyuma y’uko ahuye n’abasirikare ba Ukraine bakamubera ibamba, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yategetse ingabo ze kurasa bombe zirimo n’izikoresha uburozi bita ‘...
Abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda basigaye bavuga ko ikipe ya APR FC idahagaze neza nk’uko byahoze. Babishingira ku ngingo y’uko iherutse gutsindwa na Musanze FC ndetse mu mpera z’Icyumweru gishize...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Burusiya yahaye umuburo Sweden na Finland ko nibishaka kujya muri OTAN/NATO bizahura n’akaga. Hari amakuru avuga ko umugambi wa Putin ari ugukoma imbere ibihugu byose bitu...
Ku rubuga rwa Twitter rw’Akarere ka Nyabihu hari ifoto yerekana umwe mu basirikare ba RDF afite imbunda ku rutugu ari no gukingira umuturage. Ni ifoto yafashwe nyuma y’umuganda wari umaze gukorerwa m...
Mu murwa mukuru wa Ukraine ari wo Kiev kuri uyu wa Gatanu mu masaha akuze ibintu byacikaga! Ingabo z’u Burusiya zawinjiye ziturutse mu byerekezo bitandukanye, urugamba rurahinana ariko abasirikare ba ...
Amakuru atangwa n’inzego z’iperereza za Amerika aremeza ko ingabo z’u Burusiya ziteguye kugera mu Murwa mukuru wa Ukraine kuri uyu wa Gatanu. Hagati aho Perezida wa Ukraine aratakambira amahanga ngo a...
Mu ruzinduko arimo muri Mauritania, Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru rya gisirikare ryitwa Collège de Défense du G5 Sahel. Ni ishuri riri mu Murwa mukuru Nouakchott. Ryigisha kandi rigahugura aba...
Itsinda ry’abasenateri bo muri Zimbabwe bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itanu. Ku ikubitiro baganiriye na Polisi y’u Rwanda ariko mu masaha ya nyuma ya saa sita bakaza kuganira n’Urwego rw’igih...
Umugabo witwa Bonomado Machude Omar niwe washinze kandi akomeza umutwe w’abarwanyi bigaruriye Cabo Delgado guhera mu mwaka wa 2017. Ikinyamakuru cyo muri Afurika y’Epfo kitwa The Continent cyatangaje ...
Mu Cyumweru gitaha biteganyjijwe ko ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigize Umuryango wo gutabarana witwa OTAN/NATO bazahura bakicara bakemeranya icyo bagomba gukora ku kibazo cy’u Burusiya ibi bih...









