Lieutenant General Mubarakh Muganga, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka ari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu nama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bo muri Afurika. Ni inam...
Umuvugizi wa M23 witwa Major Willy Ngoma yatangaje ko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zikomeje kubagabaho ibitero. Avuga ko kuba zikomeje kubarasaho, bibaha uburyo bwo kwitabara kandi baza...
Nta kintu gisobanura Imikorere y’Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda kurusha guharanira ko abarutuye babaho neza, babona ibyiza kurusha ibindi umuntu yakwifuza! Uwavuga ko ari wo murage ukomeye Perezida Kagam...
Amakuru Taarifa icyesha Jeune Afrique avuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura azasura u Bufaransa kuri uyu wa Mbere taliki 14, Werurwe, 2022. Mu nkuru ya Jeune Afrique ntibav...
Mu isi y’ubu n’iya kera habayeho abayobozi bafite imitekerereze itandukanye yatumye bafata ibyemezo bamwe bakibukirwaho kubera umwihariko wabyo. Mu bwami bw’abami bw’Abaroma habayeho umwami w’abami w...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje ko ik...
Mu Rwanda hari ibigo abasirikare barwo batorezwamo byigisha mu nzego zitandukanye. Hari ikigo cya Nasho mu Murenge wa Kirehe kigisha abasirikare bato bakinjira mu ngabo z’u Rwanda, ikigo cya Gako mu K...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga avuga ko kuba ingabo z’u Rwanda zitumwa mu mahanga kuhagarura amahoro bidakorwa hagamijwe kwishyurwa amafaranga ahubwo bikorwa kubera amasezerano y’ub...
Umugaba mukuru w’ingabo za Qatar witwa Lt. Gen (Pilot) Salem bin Hamad bin Mohammed bin Aqeel Al Nabit ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe na Perezida Kagame nyuma y’izindi gahunda y...
Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Belarus yemeje ko ingabo za kiriya gihugu zinjira mu ntambara u Burusiya buri kurwana na Ukraine. Zagiye yo gufasha u Burusiya. Ingabo z’iki gihugu zinjiriye ah...









