Iran yarahiye ko izihorera muri Israel n’inshuti zayo(harimo n’Amerika) kubera ko bagize uruhare mu iyicwa rya Colonel Hassan Sayad Khodayari waraye arasiwe mu modoka ye akahasiga ubuzima. Uyu musirik...
Nk’umukuru w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yayoboye Inama Nkuru y’Umutekano w’u Rwanda yabereye muri Camp Kigali. Igizwe n’Abagaba bakuru b’ingabo z’u R...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Colonel Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko Igifaransa cyari gisanzwe gikoreshwa mu masomo yigishwa ingabo z’u Rwanda nk’uko bimeze mu yandi mashuri, ariko ubu hatangiye i...
Inzego z’umutekano w’u Rwanda zongeye guterana kugira ngo zisuzumire hamwe uko umutekano w’u Rwanda uhagaze, ibiwugarije ndetse n’uko warindwa. Ni inama ariko irimo n’ibindi bihugu by’Afurika nabyo bi...
Kuva Israel yabona ubwigenge mu mwaka wa 1948 kugeza n’ubu ntiramara imyaka icumi itari mu ntambara. Byatumye abasirikare bayo baba bamwe mu bafite ihungabana kurusha abandi ku isi. Ikirushijeho kubiz...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu Rwanda mu rwego rw’ubushakashatsi ...
Abatuye Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga n’abatuye Umurenge wa Ruli muri Gakenke bongeye kugendererana nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari abaturage bagisenye ngo babone uko bazajya bamb...
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda boherejwe kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique na Sudani y’Epfo nabo bifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi yose kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni igikorw...
Hagati y’Italiki ya 28 n’italiki ya 31, Werurwe, ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zahaye ubufasha bw’imiti abatuye agace ka Malakal muri Sudani y’Epfo . Byakozwe n’abasirikare bagize Umutwe w...
Amakuru avuga ko Minisitiri w’ingabo z’ u Burusiya Gen Sergei Shoigu agiye kumara ibyumweru bitatu ntawe umuca iryera, bigacyekwa ko yatawe muri yombi. Aya makuru aravugwa mu gihe u Burusiya bumaze h...









