Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Major General Albert Murasira yasinye amasezerano avuguruye hagati y’ingabo z’u Rwanda n’Ikigo kita ku burenganzira bwa bana no gukumira ko bajyanwa mu ntambara kitwa D...
Abasirikare bakuru 48 baturutse mu bihugu bitandukanye (Senior Command and Staff) baraye bahawe impamyabumenyi nyuma y’amasomo mu bya gisirikare bari bamazemo umwaka. 29 muri ni Abanyarwanda mu ngabo ...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda itangaza ko abasirikare babiri bari bamaze iminsi barashimuswe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ziri kumwe n’iza FDLR nk’uko itangazo ry’ingabo z’u Rwanda r...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda isaba Abanyarwanda gushyira umutima mu nda kuko n’ubwo hari ibindi bisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Bunagana b...
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bari muri Uganda kugira ngo bifatanye na bagenzi babo bo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, batangiranye nabo imyitozo yiswe Ushirikiano Imara 2022. Bazayikorana na ba...
Mu Nama idasanzwe yateranyije Umuryango w’Abibumbye ku kibazo cy’ibiri kubera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abahagarariye u Rwanda na Uganda basabye ko isi yakurikiranira hafi iby’ingengabit...
Ibiganiro byabaye hagati ya Perezida wa Angola witwa Lourenço n’uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi byavugaga uko umwuka w’intambara hagati ya Kigali na Kinshasa wacururuka, byageze...
Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe akaba n’uwa Senegal witwa Macky Sall avuga ko ahangayikishijwe n’uko umubano utameze neza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo . Yasabye ...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ivuga ko abasirikare FARDC bafatanyije na FDLR bashimuse abasirikare b’u Rwanda babiri. Ibi ngo byabaye ku wa Mbere taliki 23, Gicurasi, 2022. Itangazo rya RDF rivuga ko...
Ingabo z’u Rwanda zasabye Urwego rushinzwe kureba uko amahoro acungwa mu karere ku Rwanda rurimo Expanded Joint Verification Mechanism kugenzura kandi rugatangariza u Rwanda ibyavuye mu iperereza ku ...









