Imibare yatangajwe na Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI yerekana ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’abayobozi ba za Komini z’Uburundi ryerekana ko ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ari ryo...
Abaturage ba Leta ya California bamaze iminsi mu myigaragambyo ikomeye bashishikarijwe na Guverineri wabo witwa Gavin Newsom. Igamije kwamagana Politiki ya Washington yerekeye abimukira. Igitangira, a...
Guverineri wa Ituri Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama avuga ko abasaba ingabo za DRC kwitanga ku rugamba baba bazishinyagurira kuko zishonje cyane. Mu minsi 30 y’ukwezi, baryamo iminsi 15 gusa...
Ingabo za Israel zatangije uburyo bushya bwo kurwana na Hamas mu ntambara iri kubera muri Gaza bwo kohereza mu bice byatoranyijwe ibifaro byuzuyemo bombe kandi bitarimo abasirikare, bagaturikirizwa mu...
Ingingo ikomeye yazinduye Umugaba mukuru w’ingabo za Misiri mu Rwanda ni ukuganira n’ubuyobozi bwazo uko impande zombi zakorana. Lt Gen Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa uziyobora yaraye ageze mu Rwanda mu ...
Guverinoma ya Kinshasa yatangaje ko hari Miliyari $1 yamaze gushorwa mu nzego z’umutekano mu rwego rwo gutuma Uburasirazuba bwa DRC butekana. Ni igice kimaze imyaka irenga 20 kiri mu ntambara z’urudac...
Bertrand Bisiimwa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yaburiye yasabye ingabo z’u Burundi ziri muri RDC gutaha iwabo bigishoboka kuko abo zaje kurwanya ari abantu barwanira uburenganzira bwabo. Uyu mun...
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu barindwi bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro barimo na Rtd Major Rugamba Robert ufite ikigo Rugamba Mining Company Ltd...
I New Delhi mu Murwa mukuru w’Ubuhinde no muri Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan haraganirwa intambara ikomeye ishobora kurota hagati y’ibihugu byombi niba nta rutangira ibayeho. Minisitiri w’Inte...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...









