Abashinzwe ubufatanye mu bya gisirikare muri za Ambasade zikorera mu Rwanda baraye bahuye n’ubuyobozi mu ngabo z’u Rwanda bababwira uko ingabo z’u Rwanda ziri gukora muri iki gihe haba mu Rwanda no mu...
Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘utakwambuye aragukerereza.’ Uyu mugani uhuye n’amakuru Taarifa ifite avuga ko amafaranga u Bufaransa bwagombaga kwishyura abagiye kwirukana ibyihebe byo muri Mozambiqu...
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare. Umwe muri bo ni Col Ronald Rwivanga usanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda wahawe ...
Ubutegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko hari ingabo za Sudani y’Epfo ziri ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu buryo ibihugu byombi bitemeranyijeho. I Kinshasa basaba ubutegetsi bw’i Juba kug...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugaruka ku kamaro k’ubufatanye bw’Abanyarwanda mu guteza imbere igihugu cyabo. Hari mu muhango wo gutaha ku mugaragaro umudugudu watujwemo imiryango 4...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda akaba na Perezida w’iki gihugu Yoweli Museveni aherutse guhamagara abasirikare bakuru mu ngabo ze akoresheje icyombo, abo basirikare bakuru barimo n’umuhungu we M...
Nyuma yo gukubitwa inshuro n’ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza SADC, abarwanyi bari barigaruriye Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, abo barwanyi baravugwaho guhindura umuvuno bakerekeza mu Nta...
Nyuma y’inshuro nyinshi abagaba bakuru mu ngabo z’u Rwanda n’iza Qatar bahura, kuri uyu wa Mbere taliki 27, Kamena, 2021 umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere Lt Gen Jean Jacques Mupenzi n...
Mu rwego rwo gufasha abatuye Umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo ari wo Juba kuba ahantu heza, ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu taliki 18, Kamena, 2022 zakoze umuganda ariko ziha abana b’aho ibikore...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko hari umusirikare wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo winjiye ku butaka bw’u Rwanda akarasa abapolisi babiri bagakomer...









